
Mr. Serge Ndayizeye
Presenter
Radio Itahuka ikora ibiganiro buri munsi kuva kuwa mbere kugeza ku cyumweru. Dukora ibiganiro birebana na politike ibera mu Rwanda ndeste no mukarere k’ibiyaga bigari cyane cyane mugihugu cya Congo kubera intambara zurudaca zihora ziharangwa. Ibiganiro byacu bifasha abanyarwanda ndeste n’abanyamahanga, bakabasha gusobanukirwa n’ibibera mukarere. Icyo tubasaba nuko mwatubera intumwa aho mutuye hose, mukatugezaho ibihabera kuburyo natwe twabasha kubigeza kubandi banyarwanda. Tanga igitekerezo cyangwa icyifuzo kuri Radio Itahuka igihe aricyo cyose, tukazakigeza kubakunzi ba Radio Itahuka ntacyo dukuyemo cyangwa twongeyemo, maze abanyarwanda bakihitiramo ibibabereye.
radioitahuka*gmail.com
(+001) 202 509 6774





